Datasets:
text stringlengths 159 9.91k | nwords int64 15 1.2k | ntokens_llama32 int64 70 3.89k |
|---|---|---|
Munyenyezi wari utegerejwe i Kigali amaze gushyikirizwa RIB. Munyenyezi ashinjwa uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu yahoze ari Perefegitura ya Butare mu Majyepfo y’u Rwanda. Mu rukiko, byatangajwe ko mu kwezi kwa karindwi 1994 yahungiye muri Kenya, aho yabyariye abana b’impanga, nyuma akinjira muri Amerika nk’i... | 157 | 457 |
Munyu Patrice wamamaye mu gucuranga gitari yitabye Imana. Umwe mu bari barwaje uyu muhanzi , Sano Yaya, avuga ko Munyu yitabye Imana ahagana mu ma saa cyenda z’ijoro rishyira kuri uyu wa Kane tariki ya 06 Gicurasi 2021, akaba yazize indwara yari amaranye ibyumweru bitatu. Yagize ati “Yabanje kwivuriza i Nyamirambo bira... | 222 | 566 |
Bugesera: Yapfushije Impanga Yari Amaze Igihe Asabira Ubufasha. Umubyeyi wo mu Bugesera witwa Tuyishimire Alice yapfushije indi yari asigaranye nyuma y’uko umwana wa mbere nawe yapfuye azira kanseri. Yari atuye mu Kagari ka Kivusha mu Murenge wa Rweru mu Karere ka Bugesera. Uyu mubyeyi nta gihe cyari gishize apfushije ... | 169 | 443 |
Buteera Andrew wa APR niwe wasigaye utazakina CECAFA. Muri abo bakinnyi batanganjwe ariko ntihagaragayemo umukinnyi Andrew Buteera ukinira APR FC wari unamaze umwaka adahamagarwa kubera imvune. Umutoza Antoine Hey yatangarije itangazamakuru ko impamvu yamusize ari ukumurinda imvune kuko ngo ashobora kuzamukenera muri C... | 299 | 778 |
Zambia:Umugore wa Lungunwahoze ari Perezida yagizwe umwere. Umugore wa wa Perezida Edgar Lungu wahoze ayobora Zmbia yarekuwe na Polisi nyuma yo kubitegekwa n’Urukiko rwasanze ibyaha ashinjwa bitamuhama.Esther Lungu yari yatawe muri yombi n’abandi bane kuri uyu wa gatatu, bakurikiranyweho ibyaha by’ubujuru bashinjwaga n... | 89 | 273 |
Abapilote babiri ba Air France barwaniye mu ndege bibaviramo guhagarikwa. Abapilote babiri ba kompanyi y’Ubufaransa yo gutwara abantu mu ndege, Air France, bahagaritswe ku kazi nyuma yo gushyamirana bakarwanira mu cyumba baba bicayemo bayitwaye, nkuko amakuru abivuga.Abapilote babiri ba kompanyi y’Ubufaransa yo gutwara... | 169 | 440 |
Perezida Trump yasabwe gucururuka akareka kwatsa umuriro kuri Koreya ya Ruguru. Perezida w’ u Bushinwa Xi Jinping yasabye Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Donald Trump gukemura ikibazo cya Koreya ya Ruguru mu mahoro.Itangazamakamuru ryo mu gihugu cy’ u Bushinwa ryatangaje ko Perezida Xi yabisabye Trump mu kigan... | 301 | 711 |
Lionel Messi yegukanye #Ballondor ku nshuro ya munani. Mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere i Paris mu Bufaransa, habereye ibirori byo guhemba abakinnyi bitwaye neza mu mwaka w’imikino 2022/2024, bizwi nka Ballon d’Or. Mu bagabo, umunya-Argentine Lionel Messi ni we wegukanye iki gihembo nyuma yo gufasha igihugu cye kwegukana... | 111 | 287 |
Basketball: U Rwanda ruzacakirana na Cameroon na Tunisia mu gikombe cya Afurika. Ni nyuma ya tombola y’amakipe azahura mu mikino y’igikombe cy’Afurika, yabereye mu Birwa bya Maurice yabaye ku cyumweru tariki ya 16 nyakanga 2017. Biteganijwe ko iyo mikino ya nyuma izatangira ku itariki ya 08 Nzeli 2017 kugeza ku tariki ... | 168 | 430 |
Huye: Batatu Bafunzwe na Polisi bakekwaho ubujura bw’insinga. Abagabo batatu batawe muri yombi bakekwaho kwiba insinga zijyana umuriro mu ruganda rw’Amazi ya Huye. Polisi ikorera mu karere ka Huye ifunze abagabo batatu bakekwaho guca no kwiba insinga z’amashanyarazi zica mu butaka zijyana umuriro mu ruganda rw’amazi ya... | 422 | 1,145 |
TUGE TWIGANA ABAGARAGU BA YEHOVA BAGARAGAJE KO ARI ABIZERWA. 1. Ni iki kiranga umuntu wizerwa? UMUNTU wizerwa akora uko ashoboye kugira ngo akore ibyo yasezeranyije abandi, kandi akavugisha ukuri (Zab 15:4). Umuntu nk’uwo abantu bamugirira ikizere. Twifuza ko abavandimwe na bashiki bacu batugirira ikizere. None se twa... | 473 | 1,330 |
Kureba igihe kizaza cy’Ibidukikije by’u Rwanda. Ikibazo.
Ubu buryo ni ubwo gusubiza ikibazo gikurikira, ni gute dushobora kugera ku iterambere mu mibereho myiza y’abaturage no mu bukungu ku buryo buboneye kurushaho ku birebana n’ibidukikije kandi burushijeho guhenduka ?
Ubu.
Kugeza uyu munsi, ingengo y’imari igenerwa i... | 105 | 328 |
Abambasaderi basuye ibikorwa remezo byo muri Rubavu. Mu gitondo cya tariki 09/12/2011 bazindukiye ku ruganda rushya rw’umuriro rwa Keya no ku ruganda rw’icyayi rwa Pfunda. Ku ruganda rwa Keya basobanuriwe uburyo uyu mushinga ufite ubushobozi bwo gutanga Mega Watts 3,2. Hashize amezi abiri uru ruganda rufunguwe ku mugar... | 92 | 242 |
ko ndangije muri Rwanda Coding Academy, bati oh nibyo koko iryo shuri twararyumvise ritanga ubumenyi buhanitse, ariko bagakomeza gutungurwa n’ubushobozi bambonana ku myaka mike mfite." Uwo musore yagarutse ku mpamvu abenshi mu barangiza muri iryo shuri bajya kwiga muri Amerika, abandi bakajya muri African Leadership Un... | 418 | 1,087 |
Inama zigirwa abahinzi b’imbuto by’umwihariko water melon. Bamwe mu bahinzi b’imboga n’imbuto bajya bataka igihombo ndetse n’umusaruro muke ugereranyije n’uwo baba biteze, ariko abahanga mu by’ubuhinzi bw’imboga, imbuto ndetse n’indabyo bagirwa inama yo kwita ku bihingwa byabo kuva ku munsi wa mbere bakibitera, bakamen... | 326 | 911 |
Musanze: Bamaze imyaka 10 basaba ingurane z’imitungo yangijwe n’urugomero rwa Mukungwa II. Ni imirima iherereye mu kibaya gihuriweho n’Utugari dutatu tw’Imirenge ya Nkotsi na Rwaza ari two Bumara, Nturo na Bikara. Guhera muri 2013 iyo mirima yatangiye kwirohamo amazi aturuka mu idamu y’uru rugomero, akareka muri iyo mi... | 484 | 1,406 |
Imyigaragambyo yatumye Perezida wa Sri Lanka yemera kurekura ubutegetsi. Inkuru dukesha Reuters ivuga ko muri Mata uyu mwaka, ari bwo Sri Lanka yatangaje ko ibaye ihagaritse kwishyura inguzanyo ifite kubera kubura amafaranga y’amahanga. Amadeni icyo gihugu gifite muri rusange, ngo abarirwa muri Miliyari 51 z’Amadolari ... | 204 | 573 |
Premier League yashyize hanze abakinnyi bazatoranywamo uwahize abandi 2023/2024. Mu gihe Premier League iri kwegereza ku musozo,hashyizwe hanze abakinnyi 7 bazavamo umwiza kurusha abandi mu mwaka w’imikino wa 2023/2024.Abakinnyi babiri ba Manchester City na babiri ba Arsenal bari muri aba barindwi bazatoranywamo "Umuki... | 72 | 208 |
Rayon Sports yatsinzwe na Musanze FC, Rudasingwa Prince ajyanwa mu bitaro. Ni umukino Rayon Sports yatangiye neza muri rusange ariko Musanze FC nayo itangira gukina neza binyuze ku bakinnyi bo hagati barimo Nduwayo Valeur,Ntijyinama Patrick na Lethaba Mathabo n’imbere hariyo Solomon Adeyinka wari mwiza ku ruhande.Mu gi... | 375 | 985 |
Gakunzi Willy yasohoye indirimbo “Amaraso’’ ikomoza ku gaciro k’urupfu rwa Yesu. Iyi ndirimbo mu buryo bw’amajwi yakozwe na Producer Nicolas, umuziki watunganyijwe [music director] na Rwisimbura Yves mu gihe amashusho yayo yayobowe na Doux afatanyije n’abarimo Musinga Patrick. “Amaraso’’ yakozwe mu buryo bumaze kumenye... | 314 | 834 |
Umukandida wa RPF yabwiye ab’i Bugesera impamvu yagiye kuhatura. Chairman wa FPR Inkotanyi akaba n’Umukandida-Perezida, Paul Kagame, yageze kuri Site ya Kindama aho abaturage baje kumva imigabo n’imigambi bye. Chairman w’Umuryango FPR Inkotanyi akaba n’Umukandida-Perezida, Paul Kagame, yavuze ko impamvu yagiye gutura m... | 277 | 729 |
Nyamasheke: Hari ababura ubutabera kubera kutamenya amategeko. Ibi ngo bituma hari amakimbirane ahora mu miryango bivamo ko abana birukana ababyeyi babo cyangwa ababyeyi bakirukana abana, ndetse bikaba byabyara intambara z’urudaca zivamo urupfu iyo bidahagurukiwe hakiri kare. Ibi abaturage babigaragaje mu gihe basurwag... | 284 | 817 |
Nkundabera Jean de Dieu. Nkundabera Jean de Dieu ni umukinnyi wabigize umwuga wu Rwanda witabira imikino ngororamubiri .
Nkundabera yari ahagarariye u Rwanda mu mikino Paralempike yo mu 2004 yabereye muri Atenayi, kandi yegukana umudari wa mbere mu gihugu byahataniraga umudali waParalympique cyangwa Olempike mu mikino... | 101 | 265 |
Wlly Nyamitwe ati "Raporo ya UN ntizavuga ko u Rwanda rwica impunzi z’Abarundi, rukabajugunya mu mihanda". Umuvugizi wa Leta y’u Burundi akaba n’umujyanama mukuru wa Perezida Nkurunziza, Willy Nyamitwe, yatangaje ko ntakidasanzwe Leta yiteze kuri iyi nama, ndetse ngo na raporo izagaragazwa ntizavuka ku byaha bishinjwa ... | 324 | 911 |
Chairiot solo. IGARE RYABAFITE UBUMUGA.
Chairiot solo ni igare ry'abafiyte ubumuga rishobora no kugerwaho ryakozwe na Chairiot Mobility Inc. Nimwe mu ma modoka ya Cars for wheelchair users yabigenewe gukora ako kazi, kandi ntabwo zihinduka.
Ibisobanuro.
Introduced in 2014, it is a single-occupant, electric car that al... | 235 | 548 |
Ibihugu byo mu burengerazuba bw’isi byamaganye intsinzi ya Putin. Perezida Putin yatsinze amatora yo ku cyumweru mu Burusiya, ku bwiganze bw’amajwi 87%, urebye nta gushidikanya kwari kuriho ko azatsindira manda ya gatanu.Perezida Putin ntavugwaho rumwe ku isi, cyane cyane nyuma yo gutangiza intambara kuri Ukraine mu 20... | 232 | 644 |
Green Party yahuje urubyiruko n’abagore bitoramo ababahagarariye muri Kigali. Ni mu gihe u Rwanda rwitegura amatora y’Abadepite mu mwaka utaha wa 2023 ndetse n’ay’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri 2024. Kuri uyu wa Gatandatu tariki 22 Ukwakira 2022, ishyaka Green Party ryahuje bamwe mu rubyiruko n’abagore batuye muri ... | 267 | 737 |
Abanyeshuli barangije muri INILAK bahawe impamyabumenyi. Abafashe ijambo muri ibyo birori bose bibukije abanyeshuli bahawe impamyabumenyi ko bakwiye guharanira kwifashisha ubumenyi bahawe bakiteza imbere ari nako bahateza igihugu cyabo n’isi muri rusange. Minisitiri w’uburezi, Dr Vincent Biruta wari umushyitsi mukuru m... | 381 | 1,062 |
Ngororero: Nyuma y’imyaka 19 atava mu rugo, yabonye igare ryatumye agera ahagaragara. Ubwo twamusangaga ku gicumbi cy’akarere ka Ngororero mu gitondo cya tariki 05/04/2013, Ntaganzwa n’ibyishimo byinshi yagize ati:”Ubu ndishimye cyane kuko niboneye Meya n’abandi bayobozi badutekerezaho umunsi ku munsi bakaba baranampay... | 125 | 363 |
Abana ba Kabuga Félicien babwiye urukiko ko kumufunga bishobora kumuviramo urupfu. Abana ba Félicien Kabuga uherutse gutabwa muri yombi mu Bufaransa ashinjwa ibyaha bya jenoside yo mu Rwanda mu 1994 bavuga ko afunze mu buryo bumwima uburenganzira bwe nk’umuntu ufite ubuzima bumeze nabi cyane ucyeneye kwitwaho byihariye... | 459 | 1,316 |
DRC: Amerika Yasabye Abatishimiye Ibyavuye Mu Matora Kugana Inkiko. Amerika isaba abo bantu kugana inkiko zigasuzuma ibyo bavuga aho kugira ngo bajye mu mihanda kwigaragambya kuko ngo nta cyo byabamarira kandi bishobora gushyira mu kaga ubuzima bw’abo. Itangazo rya Ambasade y’Amerika muri DRC ryibutsa ibice byose bireb... | 161 | 438 |
Hakomejwe gusanwa imihanda itandukanye itarimo kaburimbo ndetse n’ibiraro; imirimo yo kubaka ikiraro cya Rubagabaga na Satinsyi igeze ku gipimo cya 96.2% ugereranyije na 100% yari iteganyijwe; imirimo yo gusana umuhanda wa Kabuhanga-Kinigi yararangiye; naho imirimo yo kubaka km 450 by'imihanda y'imigenderano (feeder ro... | 560 | 1,623 |
Ari mu maboko ya polisi nyuma yo gushaka gutera icyuma uwo basangiraga. Abaturanyi bavuga ko aba basore basangiye inzoga kuva mu gitondo ariko baza kugirana amakimbirane kubera ko Fulgence hari umuntu yasomeje kuri iyo nzoga banywaga kandi Muzindutsi atabishaka. Ngo Muzindutsi yakuye icyuma mu mufuka ashaka kugitera mu... | 85 | 223 |
Ruhango:Umugabo arakekwaho gutemagura nyina umubyara bapfa amasambu. Umugabo witwa Mujyarugamba Frederick w’imyaka 43 yatawe muri yombi na polisi yo mu karere ka ruhango akekwaho kugira uruhare mu rupfu rwa nyina witwa Mukanyemera Leocadie wo mu Murenge wa Kinihira, wishwe atemaguwe n’abantu batari bamenyekana.Uyu muke... | 144 | 423 |
Kwigisha ikoranabuhanga abakiri bato bibafasha gukura barikunda. Margaret Bamurebe, Umunyamuryango w’ihuriro ry’abagore bize Sciences na Engineering (RAWISE), avuga ko bafasha abagore n’abakobwa kwitinyuka mu kwitabira kwiga amasomo arimo ikoranabuhanga (sciences and engineering). Bamurebe avuga ko mu bijyanye n’ikoran... | 322 | 916 |
y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane n’Umutekano ifite miliyoni mirongo irindwi n’umunani ibihumbi mirongo ine n’umunani n’amafaranga magana cyenda (78.048.900 Frw) na ho Komite ishinzwe kugenzura imikorere ya Sena n’imyitwarire ifite miliyoni esheshatu (6.000.000 Frw) Muzi ko kandi hari Amahuriro abarirwa kuri SENA, h... | 583 | 1,687 |
Sadio Mané yakoze ubukwe. Nk’uko ibinyamakuru byo muri Senegal birimo icyitwa senego.com byari byabitangaje hagati mu Cyumweru gishize, Mané yari yahisemo ko ibi birori biba ku wa Gatandatu tariki 6 Mutarama no ku Cyumweru tariki 7 Mutarama 2024, bikabera mu Mujyi wa Dakar, ariko bikitabirwa n’inshuti za hafi ndetse n’... | 245 | 631 |
Umugabo yakoze agashya mu irushanwa ry’ubwiza nyuma y’uko umunzi we atsinzwe[AMAFOTO]. Umugabo witwa witwa Matheus Oliveira wo muri Brésil, yateje impagarara mu irushanwa ry’ubwiza, Miss Gay Mato Grosso 2023 yinjira ku rubyiniro akubita hasi ikamba ryari rigiye kwambikwa uwatsinze nyuma y’uko umugore we yegukanye umwan... | 214 | 581 |
сколотил состояние именно благодаря онлайн-казино и порно-бизнесу, то это отнюдь не странно. Если мы хотим поговорить об одном из лучших нападающих в истории немецкого футбола, то одним из лучших доступных вариантов был бы Криппа Максим. Серьезный человек, популярная легенда и босс с большим видением улучшения клуба во... | 562 | 1,188 |
Iminara 86 igiye kuvugururwa; MTN igeze kure imyiteguro ya internet ya 5G. Mu Ukwakira 2023, u Rwanda rwakorewemo igerageza rya mbere rigamije gutanga internet ya 5G iturutse ku byuma by’ikoranabuhanga mu by’itumanaho bishyirwa mu kirere. Iryo gerageza ryagaragaje ko ikoranabunga ry’ikigo Softbank cyo mu Buyapani cyari... | 545 | 1,386 |
Uwasigaye ari incike yubakiwe inzu ya miliyoni 15 Frw n’abarimo abanyeshuri. Iyi nzu yayishyikirijwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Mata 2024. Yayubakiwe mu mafaranga yakusanyijwe n’abanyeshuri ba IPRC Gishari kongeraho ayakusanyijwe mu bakozi bayikoramo, bagamije gukora ibikorwa byo gufasha muri ibi bihe byo kwibu... | 393 | 1,120 |
Abacanshuro ba Wagner berekejwe muri Belarus. Igihugu cya Ukraine cyemeje ko abarwanyi b’Abarusiya ba sosiyete ya Wagner Group bamaze kugera mu gihugu cya Belarus bavuye mu Burusiya. Urwego rushinzwe kugenzura imbibe muri Ukraine rwitwa DPSU rwavuze ko rukigenzura imibare y’abarwanyi bagiye muri Belarus, n’impamvu zaba... | 242 | 632 |
Russia: Yatangiye acuruza imigati none ayoboye umutwe w’abarwanyi wiyambazwa hirya no hino ku isi. Uyu murusiya wavutse tariki 1 Kamena 1961, yatangiye gukurikiranwa mu nkiko afite imyaka 18 y’amavuko, nyuma aza gufungwa imyaka 9 muri gereza azira ibyaha by’ubujura. Afunguwe ni bwo yatangiye gucuruza imigati irimo inya... | 495 | 1,388 |
Perezida Kagame yazamuye mu ntera Brig. Gen Nkubito Eugene. Izo mpinduka zagaragarijwe mu itangazo ryaciye ku rubuga rwa Twitter rw’Ingabo z’u Rwanda, kuri uyu wa Kabiri tariki 16 Kanama 2022. Major General Nkubito Eugene wazamuwe mu ntera, yari asanzwe ari Umuyobozi w’Ingabo mu Ntara y’Iburasirazuba no mu Mujyi wa Kig... | 53 | 133 |
Rayon Sports inganyije na URA FC. Ni umukino Rayon Sports yateguye mu rwego rwo gukomeza kwitegura imikino ya shampiyona 2022-2023. Uyu mukino wari uryoheye ijisho, amakipe yombi yaranzwe no guhererekanya umupira neza hagati mu kibuga, ari nako agerageza uburyo butandukanye. Rayon Sports yabonye uburyo bwa mbere bukome... | 286 | 754 |
Umunyazambiya Yegukanye igice cya mbere cya Mountain Gorilla Rally. kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Kanama 2016, niho iri rushanwa mpuzamahanga ry’isiganwa ry’amamodoka, igice cyaryo cya mbere cyatangiriye kuri Stade Amahoro i Remera, rikora ibirometero bine n’igice mu mihanda ya Kaburimbo n’iy’igitaka iherereye mu Mureng... | 252 | 712 |
AFCON2023:Ibyo wamenya kw’ikipe y’igihugu ya Nigeria. Harabura iminsi mike ngo igikombe cy’Afurika gitangire,Ukwelitimes yabahitiye mo kubabwira amateka n’ibigwi ikipe ya Nigeria (Super Eagles) ifite muri ano marushanwa ndetse nuko ihagaze kugeza ubu. Mu gihe habura minsi 5 gusa ngo iki gikombe gitangire, dore ibyo wa... | 316 | 952 |
Abahinze imbuto y’ibigori ituburirwa mu Rwanda barashima umusaruro itanga. Ubwo bwoko bushya bw’imbuto z’ibigori, zo mu bwoko bwa RHM(Rwanda Hybrid Maize), burimo iyitwa RHMH 1601 ihingwa mu misozi miremire na RHM 1409 ihingwa mu bice by’ubutumburuke bwo hasi. Mu murimashuri uri mu Mudugudu wa Gacogo, Akari ka Gafumba ... | 580 | 1,664 |
Kizito Mihigo, Sophia na Fulgence basusurukije Abanyagakenke. Mihigo yaririmbye indirimbo ze zitandukanye zirimo “inuma” na “Agaciro” zikundwa n’abantu benshi ari ko anacishamo ubutumwa bukangurira abantu kwitabira amatora. Yagize ati: “Mbazaniye ubutumwa bwo gukunda igihugu, ubutumwa bwerekana ko igihugu cyubakwa mu b... | 297 | 884 |
uko imyaka yeraga. Ubwo bucuruzi bw'imbere mu gihugu bwari bushingiye ku mihahiranire y'ibintu biboneka imbere mu gihugu (ibiva mu bukorikori, ibiva mu bworozi n'ibihingwa) hagati y'ababifite n'ababyifuza. Imiterere y'igihugu yafashaga abaturage gakondo bava ahantu bajya ahandi mu masoko yabaga ku mipaka y'u turere duf... | 594 | 1,713 |
Tour du Rwanda izitabirwa n’amakipe 12. Muri iri siganwa rizaba rigabanyijemo uduke (etapes) umunani twose hamwe tureshya na kilometero 876, u Rwanda ruzaba ruhagarariwemo n’amakipe abiri nk’uko bimaze kumenyerwa ariyo Kalisimbi n’Akagera, aho amakipe yombi azaba agizwe n’abakinnyi 12. Ikipe ya Kalisimbi, bigaragara ko... | 434 | 1,165 |
Uwabyaye impanga eshatu kuri Noheli agiye gufashwa kubarera. Uwo mubyeyi utuye mu Murenge wa Bushoki mu Karere ka Rulindo,akimara kubyara abo bana b’impanga biyongera ku bandi bane yari afite,yahise atangaza ko ahuye n’ikibazo cy’uko azabarera kubera ko asanzwe ari umukene ubarizwa mu cyiciro cya kabiri cy’Ubudehe. Nyu... | 286 | 792 |
Kamonyi: Urugaga rw’Abagore rushamikiye ku muryango RPF muri gahunda yiswe“Marrainage” ku Intwaza. Gahunda yiswe “Marrainage”, wayisanisha no kubyarwa muri Batisimu. Ije gutuma Ababyeyi b’intwaza 49 bari mu karere ka Kamonyi bitabwaho, bumva ko atari bonyine, nkuko bitangazwa na Uwizeyimana Christine, ukuriye urugaga r... | 505 | 1,477 |
District 9. District 9 ni filime y'ibikorwa bya siyanse yo mu 2009. iyobowe na Neill Blomkamp mu mashusho ye ya mbere yakinnye, yanditswe na Blomkamp na Terri Tatchell, ikorwa na Peter Jackson na Carolynne Cunningham . Ni filimi yafatiwe amashusho muri Nouvelle-Zélande, Amerika na Afurika y’Epfo . Muri iyi filime hagar... | 72 | 162 |
Inka ya Nkoronko igira inkomoko.
Uyu mugani w'Inka ya Nkoronko bawuca bashaka kuvuga ko ntakabura imvano. Wamamaye mu Rwanda ku ngoma ya Mutara Rwogera ukomotse kuri bene Gahindiro; ahasaga umwaka w'i 1800. Gahindiro yari afite abana benshi; ni na cyo cyatumye babita Abahindiro. Ariko abamenyekanye cyane mu Rwanda ni b... | 506 | 1,500 |
Ubuke bwa ‘Isange’ butuma hari abahohoterwa ntibafashwe byihuse. Byatangajwe kuri uyu wa 8 Mutarama 2019, ubwo hasozwaga amahugurwa y’iminsi ibiri yagenewe inzego zitandukanye zifasha uwahohotewe kubona ubutabera, hagamijwe kubongerera ubumenyi ngo bajye bakora neza kurushaho akazi kabo. Abahuguwe ni abaforomo bo ku bi... | 344 | 1,015 |
Tchad yahagaritswe na FIFA mu bikorwa byose by’umupira w’amaguru. Ishyirahamwe mpuzamahanga ry’umupira w’amaguru-FIFA, yahagaritse igihugu cya Tchad mu bikorwa byose by’umupira w’amaguru kugeza hatanzwe ubundi butumwa kubera Leta yivanga mu bikorwa by’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri icyo gihugu. Iyo ngingo ifash... | 257 | 799 |
Mukandayisenga jeannine. Mukandayisenga Jeannine, Umukinnyi wumupira wamaguru mubagore wavukiye Ikarama Mukarere ka Nyagatare.
Urugendo muri Football.
Mukandayisenga Jeannine kimwe nkabandi bakinnyi Bose yatangiye gukina Akiri muto Afite Imyaka 10 Mumashuri aho yakiniraga ikigo yigagaho Inyagatare.
Arinaho Byavirimo ab... | 98 | 425 |
Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yagaragaje igihombo Afurika iterwa no kwirengagiza ubuhinzi. Ibi Dr. Ngirente yabigarutseho mu Nama Nyafurika yiga ku bijyanye n’Ibiribwa, AFSF 2024 iri kubera mu Rwanda, igahuriza hamwe abafite aho bahuriye n’ubuhinzi mu bihugu bya Afurika, kuva ku bahinzi, abashoramari, abashakashatsi... | 652 | 1,904 |
CIMERWA yongeye gutegura irushanwa rya Golf mu Rwanda. Nk’uko byasobanuwe mu kiganiro n’itangazamakuru ku wa 30 Ugushyingo 2021 umuyobozi ushinzwe ubucuruzi mu ruganda rwa Cimerwa Mark Mugarura yavuze ko bishimira kuba ari bo bateguye irushanwa rya mbere kuri iki kibuga nyuma y’uko cyari kimaze igihe gifunze kiri kuvug... | 325 | 868 |
Uwishe umugore we ku bwo “gufuha” agatorokera muri Uganda yagaruwe mu Rwanda. Izabayo yashyikirijwe inzego z’umutekano z’u Rwanda ku wa 27 Kamena 2024 bikozwe na Uganda nyuma yo kumufatira muri icyo gihugu gihana imbibi n’u Rwanda mu Majyaruguru. Bivugwa ko tariki 30 Ugushyingo 2023 ari bwo Izabayo yishe umugore we bik... | 479 | 1,298 |
Umukinnyi ushobora kuba Kapiteni wa Rayon Sports sezo itaha. Ikipe ya Rayon Sports ikomeje imyiteguro ya Shampiyona y’icyiciro cya mbere hano mu Rwanda, ikina imikino itandukanye ari nako igura abakinnyi bakomeye. Iyi kipe iheruka gusinyisha umutoza Robertihno ukomoka mu gihugu cya Brazil, ndetse inasinyisha Muhire Kev... | 229 | 575 |
MONUSCO yanenze abanyekongo batwitse imodoka zayo. Umutwe w’ingabo z’umuryango w’abibumbye ziri kugarura amahoro muri Repubulika iharanira demokarasiya Kongo wanenze abanyekongo biraye mu mihanda bagatwika imodoka zabo bakanakorera imygaragambyo imbere ya zimwe muri Ambasade ziri mu murwa mukuru w’iki gihugu, Kinshasa.... | 152 | 471 |
Abadepite bateye utwatsi icyifuzo cy’abanyeshuri bifuza guhabwa inguzanyo yo kwiga mu mashuri yigenga. Babivuze nyuma y’uko hari abanyeshuri biga muri za kaminuza zigenga basaba ko na bo bajya bagurizwa Buruse nka bagenzi babo biga muri kaminuza za Leta. Bavuga ko no muri kaminuza zigenga usanga hari abanyeshuri badafi... | 302 | 853 |
Impamvu yo kurasa imizinga inshuro 21 mu birori by’irahira rya Kagame. Ku wa 11 Kanama 2024, ubwo Perezida Paul Kagame yarahiriraga kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere, igisirikare cy’u Rwanda cyarashe imizinga inshuro 21 mu kirere. Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig. Gen. Ronald Rwivanga, yabwiye IGIHE ko icy... | 361 | 960 |
Nyagatare: Uwishe Sebuja amutemaguye yakatiwe burundu. Iki cyaha Ntambara yagikoze ku wa 06/09/2014. Ntambara wari umaze amezi 2 n’igice kwa Bihayiga Augustin w’imyaka 83 akora akazi ko kuragira inka, ku masezerano yo gukora amezi 7 agahabwa ikimasa ndetse baranakimweretse. Ajya gukora iki cyaha uyu musaza yari amaze i... | 262 | 738 |
Ibyo umuririmbyi wo muri Sauti Sol yigiye kuri Perezida Kagame. Ibi birori byabaye tariki 2 Nzeri 2022, biba ku nshuro ya 18, itsinda ry’ umuziki, Sauti Sol, na ryo ryagombaga kwita izina maze ryita umuryango mushya w’ingagi Kwisanga. Nyuma yaho iri tsinda ryaje kwitabira igitaramo cyiswe Kwita Izina Gala Night cyabere... | 553 | 1,430 |
Carlos Conceição. Carlos Miguel V. Conceição (yavutse 5 Kanama 1979), ni Umukinnyi wa firime ukomoka muri porutigali wavukiye muri Angola . Conceição azwi cyane nk'umuyobozi wa firime "Goodnight Cinderella", "Serpentarius" na "Bad Bunny" . Usibye kuyobora, ni numuproducer, umwanditsi wamashusho hamwe nuwashushanyije am... | 140 | 358 |
Nyirangarama n’Akarere ka Rulindo batangiye urugendo rwo kwakira amarushanwa akomeye y’amamodoka (AMAFOTO). Kuri iki cyumweru tariki ya 23 ukuboza 2018 mu murenge wa Tare ho mu karere ka Rulindo, habereye igikorwa cyo kwereka abahatuye isura y’amasiganwa y’amamodka asanzwe abera mu gihugu mu bice bitandukanye Muri iki ... | 391 | 1,033 |
RIB yafunze Abapadiri babiri n’abanyeshuri babiri kubera urupfu rw’umunyeshuri. Abakoze iki cyaha bagikoreye mu ishuri rya Petit Seminaire Zaza riherereye mu Karere ka Ngoma, Umurenge wa Zaza, Akagari ka Nyagatugunda mu Mudugudu wa Jyambere. RIB yatangaje ko aba bose batawe muri yombi tariki ya 16 Kamena 2024 bakaba ba... | 306 | 845 |
Vivian Yusuf. Vivian Aminu Yusuf (wavutse 8 Kanama 1983) ni umukinnyi wajido wo muri Nigeriya, wa kinnye icyiciro cya kabiri cya baremereye. Yatsindiye imidari ibiri ya feza mu mikino ya beraga muri Afurika 2007 mu gihugu cya Alijeriya, no mu marushanwa ya Afurika yo muri Afurika yo mu 2008 yabereye i Agadir, muri Maro... | 116 | 283 |
Ni abantu bangahe bemerewe gukoresha ubwiherero bumwe ku munsi?. Ubwiherero rusange bushobora kuba ari imiryango myinshi cyangwa mikeya, bitewe n’umubare w’abantu babukenera. Muri iyi nkuru, Kigaali Today yarebye zimwe mu nyubako nini zikorerwamo imirimo inyuranye mu mujyi wa Kigali. Muri zo harimo izikorerwamo nk’ibir... | 561 | 1,605 |
Kicukiro: Umugabo wakatiwe burundu n’Inkiko Gacaca akaburirwa irengero yafashwe. Inzego z’umutekano zafashe uwitwa Gasake Weralis w’imyaka 73 y’amavuko, afatirwa mu Mudugudu wa Rebero, mu Kagari ka Gako, mu Murenge wa Masaka, mu Karere ka Kicukiro, akaba yari yarahinduye amazina aho yiyita Muteesasira Weralis Kasachi, ... | 130 | 389 |
RURA Yemeye Ko ‘Yibye’ Abaturage Miliyoni Hafi 400. Abagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu mu Nteko ishinga amategeko bavuga ko kuba buri mugenzi ugenda muri bisi rusange muri Kigali acibwa amafaranga ya internet kandi hari n’abatagira telephone ari ubujura bakorewe na RURA ... | 841 | 2,337 |
ESE IBITOTEZO BIGARAGAZA KO IMANA ITAKITWEMERA?. 1-2. (a) Kuki tutagombye gutangazwa n’uko abategetsi bahagaritse umurimo wacu? (b) Ni iki turi busuzume muri iki gice? MU MWAKA wa 2018, ababwiriza basaga 223.000 babaga mu bihugu byahagaritse umurimo wacu burundu, cyangwa bimwe mu bikorwa byacu. Ibyo ntibitangaje, kuko... | 466 | 1,362 |
Brazil: Urupfu rw’umunyekongo rwateje imyigaragambyo yitabiriwe n’ibihumbi. Abantu ibihumbi n’ibihumbi bigaragambije hirya no hino mu mijyi ya Brazil, kuva i Rio de Janeiro kugeza i Sao Paulo, nyuma y’iyicwa ry’impunzi y’umuturage ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) wakubiswe kugeza apfuye mu kw... | 414 | 1,249 |
Ikipe ya Guibert yatsinze iya Arstide muri BK All-Star Games. Ubwo hasozwaga umwaka w’imikino muri Basketball kuri uyu wa gatanu tariki ya 01 Ugushyingo 2019, ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda rifatanyije na Banki ya Kigali umuterankunga wa shampiona, bateguye umukino uhuza abakinnyi bitwaye neza mu mwaka... | 287 | 734 |
Francophonie: U Rwanda rweteye mpaga Congo Brazzaville mu mupira w’amaguru. Ikipe y’u Rwanda iherereye mu itsinda rya kane, yari yiteguye neza Congo Brazza, dore ko yari imaze ibyumweru bibiri i Nice, aharimo kubera iyi mikino, yitegura. Ku mutoza w’ikipe y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 20 Richard Tardy, kuba Congo Br... | 351 | 915 |
Tour du Rwanda 2024: Blackmore yegukanye agace ka 6 afata umwambaro w’umuhondo. Umwongereza Peter Joseph Blackmore ukinira Israel Premier- Tech yegukanye agace ka Gatandatu ka Tour du Rwanda 2024 ku ntera y’ibilometero 93.3 akoresheje amasaha abiri iminota 12 n’amasegonda 14 mu gace kahagurukiye i Musanze berekeza Moun... | 313 | 814 |
Abacuruzi biba abakiriya babo bahagurukiwe. Ibicuruzwa ahanini bivugwa kubamo ubujura ni umuceri, kawunga, isukari n’amavuta yo guteka, aho abacuruzi baranguza bafungura imifuka bakagabanya ibirimo bakongera bakayifunga, uguze agatwara ibituzuye bikamuteza igihombo, nk’uko byatangarijwe mu nama yahuje bamwe mu bacuruzi... | 461 | 1,336 |
VIDEO: Udushya twabereye mu bukwe bwa Bijoux wo muri Bamenya. Munezero Aline wamamaye nka Bijoux muri Film Bamenya yarushinze n’Umusore uba i burayi kuri uyu wa 8 Mutarama 2022 abimburira ibindi byamamare kurushinga muri uyu mwaka umaze iminsi 9 utangiye.VIDEO: REBA UKO BYARI BYIFASHE MUBUKWE BWA BIJOUXMu birori binoge... | 154 | 408 |
UK: Hamuritswe ibuye ry’urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi. Mu mpera z’icyumweru gishize ni bwo Abanyarwanda baba mu Bwami bw’u Bwongereza (UK) bamuritse ibuye ry’urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Mujyi wa Salford.
Iryo buye ry’urwibutso ryashyiriweho kurushaho gusugasira amateka ya Jenoside ya... | 378 | 1,151 |
!!! PLEASE USE mbazaNLP/kinyarwanda_monolingual_v01.1 !!!
!!! This version contains several duplicates and few non-kinyarwanda documents
Dataset Summary
The Kinyarwanda Monolingual Dataset version 1 is a large collection of Kinyarwanda language texts aimed at supporting the development of NLP and AI applications which can process Kinyarwanda texts. This dataset contains 78k documents, totalling about 25 million words, and includes diverse content types such as news articles, government reports, religious texts, legal documents, educational materials, and cultural narratives. The dataset has been collected to address the lack of open-source language resources for African languages, with a specific focus on Kinyarwanda.
Dataset Details
- Languages: Kinyarwanda
- Size: about 78,000 documents totalling 25 million words (for comparison : Kinyarwanda Bible has about 575k words, so the dataset is equivalent to over 40 bibles)
- Collection Methodology: The dataset was created using content available in HTML and PDF formats, covering diverse topics and content types. HTML sources included news sites (e.g., Kigali Today, Igihe), religious sites, Wikipedia, and cultural storytelling websites (e.g., Imigani.rw). PDF documents consisted of government reports, legal texts, transcripts of Senate debates, and educational materials, ensuring a wide representation of language use in different contexts.
- Content: The dataset represents a broad cross-section of Kinyarwanda language use, encompassing both formal and informal registers. The content spans news media, cultural stories, bureaucratic documents, legal records, religious teachings, and educational texts.
Motivation and Background
This dataset aims to address the scarcity of language resources for African languages, particularly in the context of large language models (LLMs). Despite the significant advancements in generative AI, African languages have largely been excluded from these models, limiting their applicability in developing countries. By creating this dataset, we hope to bridge the gap and ensure that the benefits of AI technology can be equitably distributed. The Kinyarwanda Monolingual Dataset also supports Rwanda's national AI policy, which emphasizes data as a critical resource for AI development.
Limitation and Future Work
This is, to our knowledge, the largest open monolingual dataset in Kinyarwanda. However, its size remains limited. We plan to expand the dataset by identifying additional content sources and addressing the current gaps in representation. We will also continuously improve the data quality, for example by improving text extraction tools.
Licensing. Use Cases and Usage Limitations
This dataset is made available under a Creative Commons Attribution 4.0 International License (CC BY 4.0).
The dataset is suitable for fine-tuning existing LLMs to better support African languages, addressing the current gap in language model performance for low-resource languages. It can also be used for other NLP tasks which require a large collection of monolingual texts in Kinyarwanda.
The copyright of the individual texts in this collection remains with their original authors. Reproducing substantial portions of this dataset for presentation to human readers (e.g., in websites, publications, or documents) may conflict with the interests of the copyright holders. Therefore, the use of this dataset should be restricted to data processing with computers for statistical analysis and information extraction, primarily aimed at training AI models to process Kinyarwanda texts—similar to how written materials are used for language learning.
Citation
Mbaza NLP Community (2024). Kinyarwanda Monolingual Dataset. Version 1.0. https://huggingface.co/datasets/mbazaNLP/kinyarwanda_monolingual_v01.0
dataset_info:
features:
- name: text
dtype: string
- name: nwords ## number of words
dtype: int64
- name: ntokens_llama32 ## number of tokens LLama 3.2 tokenizers
dtype: int64
splits:
- name: train
num_bytes: 191210626.0
num_examples: 78733
download_size: 112697917
dataset_size: 191210626.0
- Downloads last month
- 4